Droit
(Urutonde rwakozwe hakurikijwe uko amatariki y’amategeko akurikirana)
No 1.
Umutwe (ikigamijwe) w’itegeko
Ubwoko bw’itegeko Itegeko Ngenga
No y’itegeko
Itariki y’Itegeko 21/12/2009
No n’ Itariki by’ igazeti n°04 yo kuwa 25 .01. 2010
Ibindi bisobanuro
GUKURAHO IGIHANO CYO KWICWA
Nº 05/2009/OL
Andi mategeko bifitanye isano: Riruzuza kandi rigahindura Itegeko Ngenga n° 31/2007 ryo ku wa 25/07/2007 rikuraho igihano cyo kwicwa, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 4.
2.
IMITUNGANYIRIZE Y’UMUSORO KU BYAGUZWE WAKWA KU BICURUZWA BIMWE NA BIMWE BITUMIJWE MU MAHANGA N’IBIKORERWA MU RWANDA
Itegeko
N°38/2009
30/12/2009
n°04 yo kuwa 25 .01. 2010
Andi mategeko bifitanye isano: Riruzuza kandi rigahindura Itegeko nº 26/2006 ryo kuwa 27/05/2006 rigena kandi rishyiraho imitunganyirize y’umusoro ku byaguzwe wakwa ku bicuruzwa bimwe na bimwe bitumijwe mu mahanga n’ibikorerwa cyane cyane mu ngingo yaryo ya 4.
3.
IKIGO CY’IGIHUGU GISHINZWE ITERAMBERE RYA TRANSIPORO (RTDA) RIKANAGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BYACYO ITEGEKO RYO KUWA 29/01/2010 RIGENA INSHINGANO, IMITERERE N’IMIKORERE BY’INTEKO NYARWANDA Y’URURIMI N’UMUCO
Itegeko
N°02/2010
20/01/2010
n°04 yo kuwa 25 .01. 2010
Andi mategeko bifitanye isano: Itegeko Ngenga n° 06/2009/OL ryo kuwa 22/12/2009 rishyiraho amategeko rusange yerekeye ibigo bya Leta.
4.
Itegeko
N°01/2010
29/01/2010
n°idasanzwe yo kuwa 05.02. 2010
-Nta rindi tegeko bifitanye isano, keretse Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 04 Kamena 2003 nk’uko ryavuguruwe kugeza ubu, cyane cyane mu ngingo zaryo: iya 5, iya 50, iya 51, iya 62, iya 66, iya 67, iya 88, iya 89, iya 90, iya 92, iya 93,
iya 95, iya 108, iya 113, iya 118 n’iya 201;
5.
ITEGEKO RYO KUWA RYEREKEYE UBURYO BW’IMYISHYURANIRE
Itegeko
N°03/2010
26/02/2010
n°09 yo kuwa 01 .03. 2010
Andi mategeko bifitanye isano: